See every side of every news story
Published loading...Updated

Rubavu: Abagore 9 N'umugabo batawe murmi bakora ibbitemewe

Summary by UMUSEKE
Rubavu, Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu 10 barimo abagore 9 n'umugabo umwe bakora ivunjisha ritemewe mu bice by'imipaka, ahazwi nka Petite na Grande Barriere. Aba bakekwaho gukorera ivunjisha mu buryo butemewe bafatiwe mu mukwabu wakozwe tariki ya 27 Werurwe 2025, hagendewe ku makuru yatanzwe n'abaturage. Mu bafashwe bagizwe n'abagore icyenda n'umugabo umwe. Aba bakekwaho gukora ivunjisha ritemewe bahise bashyikirizwa Polisi ya Giseny…
DisclaimerThis story is only covered by news sources that have yet to be evaluated by the independent media monitoring agencies we use to assess the quality and reliability of news outlets on our platform. Learn more here.

Bias Distribution

  • There is no tracked Bias information for the sources covering this story.
Factuality

To view factuality data please Upgrade to Premium

Ownership

To view ownership data please Upgrade to Vantage

UMUSEKE broke the news in on Friday, March 28, 2025.
Sources are mostly out of (0)

You have read out of your 5 free daily articles.

Join us as a member to unlock exclusive access to diverse content.